Umwe mu bahanzi nyarwanda bakizamuka yasohoye indirimbo yise Inzika ikomeza abantu mu gihe batereranywe n’abakabafashije.
Mico Shingiro Nasaire uzwi nka Rhino ku nk’izina ry’ubuhanzi twagiranye ikiganiro nawe nyuma yo gusohora indirimbo nshya nziza cyane yise Grudges bisobanuye inzika mu kinyarwanda.
Read more