Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Birareba abagabo gusa! Menya ibintu bitatu abagore baba bifuza nijoro mbere yo kuryama ariko ntibabivuge.

Burya hari ibintu abagore baba bifuza mu masaha y’ ijoro mbere y’ uko baryama ariko bakanga kubibwira abagabo babo.

1.Kumukonisha agakino gato: Ntuzamuhutaze ariko uzamukinishe agakino gato , gatuje , akine yishime aseke mbese ubone ko amwenyuye. Abagore bishima cyane iyo bamaze gukora imibonano mpuzabitsina ariko niyo bamaze gukina n’ abagabo babo barishima cyane birenze uko wabitekereza. Ibi nubikora umubano wawe na we uzaba uwiteza imbere cyane kandi uzarushaho kuba mwiza.

2.Buri mugore aba yifuza ko umugabo we amwifuriza ijoro ryiza: Birumvikana rwose kandi cyane, irijambo ryifuriza uwo mwashakanye ijoro ryiza riba rikenewe kandi cyane. Atitaye ku munaniro ufite cyangwa ingano y’akazi wakoze, umugore wawe yifuza ko umwifuriza ijoro ryiza. Gufata inshingano nk’umugabo mu rugo ni ikintu gikomeye kandi burya uko gikomeye ni nako nawe ugomba gukomera. Ibi nubikora bizagufasha no yindi mirimo mu rugo rwawe.

3.Kumusoma byuje urukundo: Umugore ntabwo azakubwira ngo ‘ wansoma’ bizavuga bacye _ ariko iki ni ikintu abagore bose bifuza kandi bakacyifuza cyane. Rero mbere yo kuryama ntuzibagirwe kumusoma ku gahaga cyangwa ahandi hantu ushaka dore ko ni wowe uzaba uri kumwe nawe mwenyine. Niba ushaka kumwegera uzabanza uhere ku minwa ye kandi ni byo yifuza.

Isoko y’ inkuru : Health. havrd.edu

Related posts