Kwinjira mumuryango wa Afrika y’uburasira zuba kwa Repuburika iharanira demokarasi ya Congo byatumye umubare wabinjira nabasohoka banyuze kumupaka wa petite bariere bikuba inshuro nyinshi. Dore
Kubyutsa umutwe k’umubano hagati y’u Rwanda na Uganda biteganyijwe ko ari imwe munkingi ya mwamba muguhangana n’izamuka ry’ibiciro kumasoko yo mu Rwanda. Hashize igihe kitari
Abanyarwanda , inshuti z’ u Rwanda na bamwe mu bahagarariye ibuhugu byabo muri Norvége bifatanyije mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe
Kuva na kera Abanyarwanda bagiraga imyemerere y’ibyo bemera kandi batinya nk’ibinyambaraga bihanitse byagira icyo bikora ku mibereho yabo no ku byabo; bityo bakigengesera mu byo