Nduwayezu Eric wigaga mu wa 5 w’amashuri yisumbuye, mu rwunge rw’Amashuri rwa Bugumira, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi, mu ma saa munani z’amanywa, ku
Abaturage batuye mu Murenge wa Musheri bavuga ko basezeranyijwe gukorerwa umuhanda mu mwaka wa 2021 ariko amaso akaba yaraheze mu kirere cyane ko imyaka ishize
Umuturage witwa Nshogoza Muhamed wo mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare arashinja umuturanyi we Nkezamihigo jean Paul gusiga umwanda wo mu musarane ku
Minisitiri w’Ubumwe n’Uburere Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana yasabye uru byiruko kutaba intaganzwa. Ibi yabirusabye mu ijambo yagezaga kubitabiriye inama y’igihugu y’umushyikirano iri kuba
Ibi yabivuze ubwo yatangizaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano iri kubera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa 23 Mutarama 2024. Yagize Ati: “Twebwe nk’u Rwanda ntabwo
Abaturage batuye mu Murenge wa Gitoki mu Karere ka Gatsibo barasaba ko umuhanda Bukomane-Nyarukoni wakubakwa ugashyirwamo kaburimbo kuko wangiritse cyane, ukabafasha mu buhahirane mu nzira
Umusizi yaragize ati:”Bahiriwe n’urugendo” gusa uyu we yitwiriye ijoro ajya kwiba amabuye y’Agaciro birangira ahasize ubuzima. Ibi byabaye kuri uyu wa 22 Mutarama 2024, mu