Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Menya ahantu 3 wakora umukunzi wawe akumva akunzwe cyane, inkuru irambuye

Buriya gukora ku muntu ukunda mu buryo budasaznwe , bimuha ibyiyumviro byerekeye urukundo no gutera akabariro.

Uyu munsi rero turakurangira ahantu 3 wakora umukunzi wawe , akumva ko akunzwe bidasanzwe.

Musore na we mugabo , niba ushaka kwereka umugore cyangwa umukobwa ko umukunda cyane, mukoreho mu buryo bwawe na we azahita abona neza ko utandukanye n’ abandi bagabo cyangwa abasore azi.

1.Amaguru ye: Abagore bashyira imbaraga zabo zose mu maguru yabo cyane. Haba mu gitondo , nijoro cyangwa nimugoroba , burya imbaraga z’ abagore nyinshi ziba mu maguru.

Niba ushaka kwigarurira umugore rero , uzitegereze ibirenge bye kandi ubihe umwanya uhagije. Uzite ku maguru ye.

Ujye umubwira ko afite amaguru meza cyane kandi ubimubwire mu ijwi rituje cyane.

2.Mu ijosi rye: Mu ijosi ni ahantu hatazwi n’ abantu benshi ariko ni ahantu haca intege igitsina gore cyane , ndetse hakanagaragaza ko uhagukoze agukunda cyane.

Gusoma umuntu w’ igitsina gore nibyiza cyane , ariko biba akarusho iyo uhereye mu ijosi rye nk’ uko ikinyamakuru Opera kibigaragaza.

3.Mu mugongo we: Gukora mu mugongo w’ igitsina gore ukabikora mu buryo budasanzwe uzamura intoki zawe ukanazimanura , bimugira udasanzwe mu ntekerezo akaba yaguha n’ imodokaye atunze mu gihe wabikoze neza cyane.

Mu kugira ngo atume yumva anezerewe kandi akunzwe , bizagusaba kuhakora uzamura umanura witonze.

Related posts