Abantu bagera kuri 50% ku Isi ntabwo bajya bahindura imyenda y’ imbere buri munsi_ Ubushakashatsi
Muri ubwo bushakashatsi bwatangaje abantu benshi ku isi bwagaragaje neza ko abarenga ½ (50%) batajya bahindura imyenda yabo y’imbere (underwear/sous-vetement) buri munsi nkuko byakagombye
Read more