Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu n’abandi bajyanama bane barimo viisi Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi, beguye ku nshingano mu gitondo cyo
Ikibazo cy’ibura ry’amazi mu Karere ka Nyagatare gihuriweho hafi n’imirenge yose yo muri aka karere,ibigira ingaruka ku baturage zirimo gukora urugendo rurerure bajya kuvoma, guhendwa
Umugabo witwa Bangineza Venestor w’imyaka 60 utuye mu Mudugudu wa Nyabigoma mu Kagari ka Murwa mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, yafashwe n’isereri
Imyaka 12 irashize abaturage batujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kabeza uherereye mu Kagari ka Nyamiyaga,Umurenge wa Rubaya, Akarere ka Gicumbi.Bamwe muri bo bavanywe aho bari
Abayobozi bo mu nzego zibanze bo mu Ntara y’Amajyepfo basabwe gukorana n’abanyamakuru, aho usanga hari Abanyamakuru bavuga ko bibagora kubona amakuru k’umuyobozi runaka. Muri