Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Turi live Polisi Yataye Muri Yombi Abamansuzi 22 basanze Bambaye Ubusa Bari Gusambana umwe umwe tureba. [VIDEO]

Ishyano ryacitse umurizo abantu bumiwe kubera ikibazo cy’ubusambanyi gikomeje kugaragara hirya no hino ku isi cyane cyane mu bakiri bato.

Kuri ubu iyo uzengurutse imbuga nkoranya mbaga usanga amashusho asigaye arebwa cyane ari ayurukozasoni aho usanga abantu benshi basigaye bakora ama video (Amashusho) yabyo kuko ariyo asigaye atanga ngo icyo bita Views ngo bibonere indonke.

Ibi bintu bisa naho byafashe indi ntera ho abantu basigaye bakunda amafaranga kurusha ubuzima bakirirwa bifata amashusho barigusambana bakayacuruza cyangwa bagafata ayabandi.

Mu byukuri iyi ni Inkuru ishingiye ku bamansuzi 22 abantu baburiye ubusobanuro aho Muri iki gitondo habyutse havugwa inkuru Yabamansuzi 22 batawe muri Yombi nyuma yo gufatwa bari kumansurana n’abana batarengeje imyaka yubukure.

Ni abamansuzi bagera kuri 22 higanjemo abasore n’inkumi beza bari bari kumansura bose buriwese afite nicyo kunywa numusore we bakabanza kumasura ngo barikwishyushya bitegura umukino wo gusambana gusa ntibyaje kubahira kuko baje kubagwa gitumo mu buryo butunguranye.

Ntibisanzwe ibintu byarakomeye aho abantu basigaye bategura ibirori byo kumansura ibintu bidasanzwe bibaho cyane gusa kuri iyi nshuro ibyabaye byo ni agahoma munwa aho bifashe aria bantu 12 bakajya kumansura ari nako banasambana.

Bamwe mubari bahari bakoze ubusesenguzi Ababibonye batangiye kwibaza niba iyi business itarimo amafaranga menshi kuko abantu bikigihe bakomeje kwishora muri iyi ngeso ndetse bakagera naho babigira umupangu w’umurimo bakabikora ubona kandi barino kurya neza nkabafite amafaranfa menshi.

Iyi ni inkuru yabaye kimomo aho abantu bikoranije bagahura bagamije gusambana aricyo gikorwa Polisi yo mu gace ka Kira yataye muri yombi abasore n’inkumi bagera kuri 22 bari mu birori byo gukora imibonano mpuzabitsina (Sex party) gusa bakabihuza nicyo bise kumanura maze bagasamabana arinako bamansurirana.Umwe mubakobwa yamansuriye umugabo wari waje gushungera  mu mazu yitwa Malaika amze uwo mugabo ahita akuramo terefone yo mubwoko bwa Ifone ngo akomeze amumansurire banakoereza mu gitanda, muri Zone ya Bukoto muri Diviziyo ya Nakawa mu Mujyi wa Kampala muri Uganda ni hamwe mu hazwi ko haba abamansuzi cyane.

Ikinyamakuru dukesha iyinkuru, kivuga ko aba bose bafashwe kandi bamwe basanzwe batangiye igikorwa nyir’izina cyo gusambana abandi bakiri kumansura ngo bari barikwishyushya mbere yuko batangira umukino wabo wo gusambana.

Umwe mubaturage bahageze muri iki gitondo yagize ati”Ishyano ryacitse umurizo hirya no hino ku isi ikibazo cy’ubusambanyi kimaze gufata indi ntera aho abantu basigaye barabigize nkumuco wabo wa buri munsi noneho ngo kumansura baba bishyushya?mana tabara,iryo ni rimwe mu ijambo ryavuzwe n’umuturage waro uhari.

Aba sibo ba mbere bafatiwe muri iki gikorwa gusa amakuru avuga ko ibi birori bikorwa hirya no hino cyane mu rubyiruko aho baza bakamansurirana bigaherekezwa no gusambana buri wese agafata uwe.

Related posts