ImyidagaduroMu marima menshi Bull Dog yibutse Jay Polly atangaza ijambo ryakoze benshi ku mutima.KglnewsSeptember 3, 2024 by KglnewsSeptember 3, 2024 Kuri uyu wa 02 Nzeri 2024, hari hashize imyaka itatu umuraperi Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jay Polly yitabye Imana, aho Bull Dog ari mu bifatanyije...