Biteye urujijo: Abaturage baratakamba kuba baterwa inda n’ibintu bitagaragara.

 

Mu gace ka Nyamuswa mu karere ka Bunda mu ntara ya Mara muri Tanzania, haravugwa inkuru zimeze nk’amayobera aho ngo abatuye muri ako gace iyo hageze nijoro baryamye, Abagore ndetse n’abakobwa basambanywa n’abantu batagaragara.

Aba baturage batangiye kugira ubwoba aho bacyeka ko abo bantu batagaragara baza ku basambanya  bashobora kuba ari abazimu n’abadayimoni.

Gusa ntamakuru aratangazwa y’ho umubare wabantu basambanyijwe n’aho ibyo bibasanbanya byaba bituruka.

Related posts

Indwara idasanzwe y’ubwoba yibasiye abakoresha telefoni, abagera kuri 70% barayifite.

Reka kubaho wenyine, Wari uziko ushobora gutsindira inshuti nziza ugatuma abantu bagukunda? Dore uko wakwitwara;

Ibanga rikomeye cyane ku bagabo, umugabo ushobora kubyara abana beza ni muntu ki? Menya ibimuranga