Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
amakuru mashyaImikino

Amakuru Yakakanya: Kwizera Olivier Arigendeye. kera kabaye atangaje ibyo Sadio Mane yamwongoreye. inkuru irambuye ni hano!

Kwizera Olivier Umuzamu w’ikipe y’igihugu amavubi na Rayon Sport yatangaje ko bimwe mubyo sadio mane yamwongoreye harimo no kuba yaramubwiye ko agiye kumufasha kujya mu ikipe ikomeye cyane.

Umunyezamu Kwizera Olivier usanzwe ukinira ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu, hagaragaye amashusho rutahizamu wa Senegal ndetse na Liverpoor Sadio Mane arimo amwongorera ni nyuma y’umukino uyumuza yari yabereye ibamba uyu rutahizamu mumukino wo gushaka itike yo kuzakina imikino y’igikombe cya Africa wahuzaga u Rwanda na Senegal ariko umukino ukaza kurangira ari 1-0.

Nyuma yuyumukino rero benshi babonye amwe mumafoto rutahizamu wa Senegal na Liverpoor yagaragaye yongorera umunyezamu wa1 mu Rwanda, aho uyumunyezamu yaje gutangaza ko yamubwiye ko agiye kumuhuza n’usanzwe ashakira amakipe uyumukinnyi maze nawe akaba yamufasha kubona ikipe kumugabane w’i Burayi.

Nyuma yibi byaje kumenyekana ko amakipe yo mucyiciro cya2 yo mugihu cy’u bwongereza arimo ashakisha uyumuza kugirango abe yajyayo abafashe kujya apangurura imipira yoherezwa nabakinnyi baba bakomeye cyane bakina muri kiriya cy’iciro.

Ibi kandi byaje kuba bitizwa umurindi n’amashusho yakomeje gusakara uyumuzamu ari kuganira na Sadio Mane ndetse bikaba binavugwa ko yamuhaye numero ye ya telephone kugirango azamufashe kuba yamugeza kubyo yamusezeranije mugihe twabonaga amwongorera.

Related posts