Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Mumashusho umugororwa yaguwe gitumo ari gusambanya umucunga gereza. ngiki icyabimuteye!

Amashusho agaragaza abakora imibonano mpuzabitsina yagiye hanze agaragaza umucunga gereza w’umudamu arimo akorana imibonano mpuzabitsina n’umugororwa. ababonye ayamafoto bose baguye mukantu ndetse batangazwa cyane nukuntu abantu bashobora gukora igikorwa nkiki kandi babibona ko aho bari hari cctv Camera irimo gufata ibyo bakora.

Kugicamunsi cy’ejo hashize, nibwo amafoto n’amashusho yagiye hanze agaragaza aba bombi uko byatangiye kugeza bakoze imibonano, mugihe uyumugore asanzwe afite umugabo akaba yarajwe guteretwa nuyumugororwa amusanze mubiro maze bikaza kurangira bakoranye imibonano mpuza bitsina imbere ya Camera bakabyirengagiza kandi babibona ko Camera iri gukurikirana ibyo bari gukora byose.

Umuvugizi wa Gereza nkuru ya Ncome Correctional Centre (Singabakho Nxumalo) yatangarije theeagleonline.com dukesha ayamakuru ko koko ibi byaberye mumujyi wa KwaZulu-Natal iherereye muri Afrika y’epfo,ariko uyumugororwa akaba yongeye gukanirwa urumukwiriye naho uyumucunga gereza akaba yahagaritswe kukazi.

Nxumalo kandi yatangaje ko aba basambanye bamaze guhabwa ibihano bibakwiriye ariko hakaba hakomeje iperereza kubyerekeye umuntu wese waba wabigizemo uruhare kugirango iyivideo irinde iyo isakara hanze aho yatangaje ko ari igisebo gikomeye ndetse uyumuntu waba yasakaje iyi video akaba azahabwa igihano gikomeye no kuruta abakoze igikorwa cyo gusambana.

Bamwe mubakomeje kugaruka kuri iki kibazo bakomeje kwibaza niba hari itegeko ryaba rihana abantu bakoze imibonano kandi kugeza ubu ntategeko narimwe ribuza abantu kuba bakundana, ndetse no kuba barabikoreye kukazi bikaba bitari kwitwa ikosa iyo bitaza kumenyekana. abakandi bakomeza bavugako byakabaye byiza baramutse bahanye uwashyize ayamashusho hanze kuko kuba abantu batera akabariro ataricyo cyakabaye ikibazo.

Related posts