Bruce Melody afatanyije n’itsinda rye bayobowe na Coach Gael, bagiye gushora imigabane muri United Generation Basketball mu rwego rwo guteza imbere siporo. Mu itangazo ryasohowe...
Diamond Platinamz nyuma y’amakuru yiriwe acaracara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yatandukanye na Zuchu yamaze kuyanyomoza avuga ko atari byo. Ni mu butumwa yanyujije ku...
Marina Deborah yaciye amazimwe ku nkuru zakunze kubavugwa we na Yvan Muziki ko bari mu rukundo ndetse ko Yvan Muziki ariwe watumaga adakora indirimbo. Marina...
Diamond Platinamz icyamamare mu muziki wa Tanzania, yaciye amarenga ko ashobora kuba atakiri mu rukundo n’umuhanzikazi Zuchu bamaze igihe bavugwa mu rukundo. Ibi yabitangaje anyuze...
Nemeye Platin wamamaye mu muziki nyarwanda nka Platin P Baba, yongeye kwihanangiriza abakomeza kugera imihoro urugo rwe, avuga ko iby’ingo z’abandi bitabareba. Ibi yabigarutseho ubwo...
Niyo Bosco umaze kwamamara mu muziki nyarwanda bikomeje kuvugwa ko yaba ari mu rukundo n’umukobwa mwiza witwa Keza bitewe n’amashusho yagaragaye bahuje urugwiro. Mu mashusho...
Umukinnyi w’amafilimi nyarwanda wamamaye nka Cenderi, yashyize umucyo ku bivugwa ko ariwe wareze Samusure amushinja amadeni ndetse no kumuha sheki itazigamigaye. Ibi yabigarutseho mu kiganiro...
Kuri ino si buri muntu wese agira amateka y’ubuzima bwe agiye atandukanye n’ayundi, hari abo usanga naragiye bahirwa n’ubu buzima gusa ntitwakwirengagiza ko hari n’abo...