Umutoza Mikel Arteta yavuze ko ikipe ye ya Arsenal yabuze ubuhanga bwo kwica umukino bituma itakaza amanota abiri y’ingenzi mu gushaka igikombe.Bukayo Saka yahushije...
APR FC yongeye guhagamwa na Gasogi United, zinganya ubusa ku busa mu mukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona, Nkuko byagenze mu mukino uheruka kubahuza,...
Kylian Mbappé w’imyaka 24 yashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bakomeye ku isi mu 2023 rwakozwe n’ikinyamakuru cyo muri Amerika TIME, Kylian Mbappé,niwe mufaransa wenyine wagaragaye...
Imikino y’amakipe ahataniye Igikombe cya Shampiyona n’arwana no kutamanuka yashyizwe ku masaha amwe mu ngengabihe nshya igaragaza uko iminsi itandatu isoza izakinwa kugeza mu mpera...
Ikipe ya Rayon Sports iri kwitegura umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona y’Icyiciro cya Mbere umwaka w’imikino wa 2022-2023 aho izacakirana na Bugesera FC kuri...