Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports, usanzwe ari n’umuyoboke w’Idini ya Islam uherutse no kwitabira umutambagiro i Macca, yasengeye u Rwanda mu isengesho rikomeye...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwashimiye abakinnyi batatu aribo umuzamu Ishimwe Jean Pierre, Mugisha Bonheur bakunze kwita Casemiro ukina hagati mu kibuga na rutahizamu Bizimana...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bukomeje kunenga bikomeye umusaruro nkene uri gutangwa n’abakinnyi b’iyi kipe muri uyu mwaka w’imikino wa 2022-2023. Mu mpera z’icyumweru gishize...
Myugariro wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports, Ndizeye Samuel yamaze kumvikana n’ikipe ya Police FC ko azayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri mu mpeshyi y’uyu mwaka....
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi wa APR F.C yaganirije abakinnyi, abatoza ndetse n’abakozi b’iyi kipe, maze ababwira ko batishimiye uko barimo...
Ntibyatinyukwa na buri wese, yaba uwo mu ikipe cyangwa hanze yayo, haba mu myitozo cyangwa mu mukino by’umwihariko imbere y’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka akaba...
Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, na Rayon Sports, Nishimwe Blaise, agiye gusanga umuryango we mu gihugu cy’u Busuwisi. Hashize igihe...