Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
AmakuruUrukundo

Bimwe mu byakwereka ko umukobwa ari isugi mu tabanje kuryamana na we, inkuru irambuye

Bimwe mu byakwereka ko umukobwa ari isugi mu tabanje kuryamana na we

Burya ngo gupima ubusugi bw’ umukobwa ntago bigombera kubanza kuryamana na we cyangwa gukoresha ikindi gipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi.

Ibi rero biterwa n’ uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’ iyo abigerageje umubiri we uramutamaza.

Ibi nibimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi.

  1. Umukobwa ukiri isugi ntago akunda kwigaragaza , n’ ahantu ari ntago aba ashaka ko hari abamwitaho cyane ngo bamurangarire, umukobwa wese utakiri isugi akora ibishoboka byose kugira ngo aho anyuze buri musore wese amurangarire.Bamwe bisiga ibirungo bikabije abandi bakambara imikufi ihenze cyangwa bakitera imibavu ikabya guhumura mu rwego rwo kugira ngo bakurure abasore.
  2. Bakunda kwigunga: Abakobwa bose bigunga siko baba batakaje ubusugi , ariko umukobwa iyo aribwo agitakaza ubusugi akunze kwigunga ku buryo ashobora no kumara iminsi ikurikiraho mu nzu atarasohoka.
  3. Umukobwa ukiri isugi akunda kwiyemera akihagararaho ku musore umutereta akamwereka ko ntacyo amukeneyeho , nyamara umukobwa utakiri isugi ni babandi utumira ngo musohokane musangire icyayi , akazana n’ inshuti ze zose atanabiguteguje mu rwego rwo kugira ngo bose ubagurire wishyure menshi. Ibi nta mukobwa ukiri isugu wabikora uwo bakundana.
  4. Umukobwa ukiri isugi ntago yiyambika ubusa ahubwo agerageza kwambara akikwiza , kimwe na babandi basigaye bashyira amafoto yabo ku mbuga nkoranyambaga bambaye ubusa biriya nyamukobwa w’ isugi wabikora. Ikindi kintu cyemezwa n’ abantu bose n’ uko umukobwa ukiri isugi iyo asinziriye ari mu bitotsi bikomeye , ugasa nk’ umukora ku gitsina asimbukira hejuru agahita akanguka akwigizayo niyo waba uri umukobwa mugenzi we.

Related posts