Umusore twakoraga byabindi byantu bakuze ubugingo bwe nahitaga mbujyana ikuzim**u ” Umukobwa mwiza cyane yavuze uburyo yakoranaga na Sekib**i

 

Inkuru nk’izi akenshi zigorana kuzumva ndetse bamwe ntabwo bazifata nk’ukuri gusa uyu we yagaragaje uburyo yakoranaga na Satani , yamara gusambana n’umusore agatwara ubugingo bwe ‘umugisha we wose kabiha satani.

Uyu mukobwa witwa Niyonshima  Halima, yasobanuye ko ubwo yamaraga kuryamana n’umusore yamwamburaga umugisha Imana yamuhaye akajyana ubwenge bwe ndetse n’ibindi byinshi atunze bikaba biragiye ku buryo mu bwo yakoraga byose nta nakimwe cyongeraga kugenda neza muri make ntanyungu yongeraga kubona.

Halima yagize ati:” Navukiye I Remera nyuma tuza kujya Kimironko , mvukira mu muryango w’abana 9 dusengera mu idini ya Isalm.Navutse mbona mama na papa batabana kuko batandukanye mfite imyaka 4 ntaramenya ubwenge, rero nderwa na muka data nza kumenya amakuru ya mama maze gukura.Nkiri umwana muto , iyo bwiraga nabonaga ndi ahandi hano, ipusi twari dufite yazaga nijoro aho ndi , nkarara ndi ahandi hantu.Ngeze mu myaka 10 naje kujya mbona umugore aza kundeba mu cyumba, nzagukurana ubwoba nijoro sinzimye itara.Bigeze aho akajya aza ari umukecuru , nabivuga bakambwira ngo ubwo mbanaryamye ntasenze ariko nanabikora ntihagire icyo bitanga”.

Yakomeje agira ati:” Uwo mukecuru byageraga nijoro nkabona turi kuryamana, kumbe baramunshyingiye njye ntabizi, uwo mukecuru yarambujije ngo sinza byare, umutima waragarukaga nkagira agahinda kenshi kuko yari yarambujije no gutanga urubyaro gusa, Uko umusore yabaga ameze ko , ntabwo nakundanaga nabasore baciriritse kuko abasore bose twakundanaga bose barambwiraga ngo turyamane, twaryamana ibyifuzo byose byaragendaga , amafaranga n’ibindi bikagenda.Umugisha namara kuwumwambura nkawuha satani”.

Uyu mukobwa yakomeje avuga iby’ubuzima bwe , niyo mpamvu tubahaye ikiganiro hasi kugira ngo mumenye iby’ubuzima bwe.

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.