Umukunzi wawe numukorera ibi bintu azajya ku musozi yirukanke kubera amarangamutima!!

Niba uwo mukundana atangiye kubivamo gahoro gahoro ufite akazi ko kumugarura, niba mumeranye neza nanone ukeneye kubyongera. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wabigenza akongera kugukunda nka mbere.

1.Mutungure:Abantu bose bakunda impano. Uwo muntu mukundana rero, nawe muhe impano umutunguye. Mutunguze ibikorwa atari yiteze uzaba ukoze ibyo atatekerezaga, bimuzamurire amarangamutima yo kugukunda.

2.Mwandikire utwandiko tw’urukundo rudafite impamvu:Andika, fata ikaramu n’urupapuro umwandikire utuntu atari yiteze ko yaza kubona. Niba akuri kure, koresha telefoni yawe, ubundi umwandikire ubutumwa bwiza, buramukora ku mutima.

3.Muhe impano kubera impamvu:Niba hari impamvu ihari ishobora gutuma umuha impano, ba uwa mbere uyimuhe kandi iramushimisha.

4.Mubwire ijambo ryiza:Fata isegonda rimwe gusa, ubundi umubwire ijambo rimwe kandi rikomeye, riramufasha kukumva neza kandi arusheho kugukunda.

5.Ujye umushimira cyane:Burya gushimira umuntu ni iby’agaciro cyane, bimuzamurira icyizere n’amarangamutima ye. Rero fata umwanya wawe, umushimire byimazeyo kuri buri kintu yagukoreye.

Abantu benshi usigaye usanga bafite impumuro mbi mu kanwa bagatinya kuvuga muruhame ! Dore icyo wakora kugira ngo ubirwanye

Dore zimwe mu impamvu zituma uhora mu marira kandi ufite umukunzi, dore bimwe mu bibitera n’ icyo wakora

Related posts

Ushaka wabyirinda nuko bigoye! Gusomana cyane byatuma wandura SIDA?

Kugira ngo ushyikire umukobwa mwiza mu buzima bwawe, ugomba kwitoza kujya ugenda wihuta: Uko wa kwegera umukobwa muhuriye hafi y’umuhanda agahita agusamira hejuru

Iyi nkuru ireba abari hejuru y’imyaka 18: Ese ubundi umuntu adakoze imibonano  byamutwara iki?Sobanukirwa