Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2023, utubari, utubyiniro n’ibikorwa by’imyidagaduro bizajya bifunga Saa 5:00, za mu gitondo mu rwego rwo kwizihiza iminsi
Umuhanzi nyarwanda witwa IRAMBONA Derrick Don Divin ariko wamenyekanye cyane cyane mu gusubiramo indirimbo z’abandi bahanzi ku izina ry’ubuhanzi rya Derrick Don Divin yadutangarije ko
Umuhanzi Bruce Melody yavuze ko badakwiye gushyira imbere n’ ibivugwa bimuhanganisha na bagenzi be anahishura ko igihe cyose byashoboka ntakabuza yakorana indirimbo na The Ben
Umuhanzi The Ben yatumiwe na East Gold, Sosiyete gutegura imikino y’abakanyujijeho imaze kumenyekana nka ‘Rwanda Re-birth Celebrations’. Umuhanzi The Ben yatumiwe na East Gold, Sosiyete
Umuhanzikazi w’indirimbo wo muri Tanzaniya Zuchu yagaragaye agaragaza amenyo mashya ya Grillz mu gihe ashimira shebuja n’umuririmbyi Diamond Platnumz kubwabo. Ibi bibaye nyuma yiminsi mike
Umunyamideli Chaney Jones ukundana na Kanye West yahakanye amakuru avugako yaba yatandukanye n’icyamamare m’umuziki Kanye West. Mu gitondo cya kare cyane nibwo ikinyamakuru TMZ (Thirty-mile
Mu kiganiro kuri telephone Ange yagiranye na kglnews yatangaje ko gukunda umuziki byamujemo cyera cyane kandi ko mugihe cy’imyaka 22 uyu munyamuziki w’umunyarwanda yari yaratangiye
Umuhanzi Diamond platnumz ntagipfuye,amakuru meza ni uko kuri kuri Diamond Platnumz wari wafungiwe umugati na YouTube yamaze kudohorerwa. Kuri ubu rero Diamond platnumz ari mu