Mu Karere ka Bugesera umwe yabyaye abazwe , undi na we afatwa n’ ibise, abanyeshuri bakoreye ibizamini bisoza amashuri abanza mu bitaro aho barimo kubarizwa
Abanyeshuri babiri , bo mu Karere ka Bugesera , bakoreye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu nzu y’ababyeyi iherereye mu bitaro bya Nyamata
Read more