Uwari Visi Perezida wa AS Kigali, Fred Seka Rwumbuguza, wari wasigaranye inshingano zo kuyiyobora nyuma yo kwegura kwa Shema Fabrice wari Perezida, na we
Ikipe ya Arsenal isanzwe ifitanye ubufatanye n’u Rwanda yasohoye umwambaro izakoresha mu mwaka utaha w’imikino wa 2024/2025, aho ijambo VISIT RWANDA rizaba rigaraga rain neza
Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Rwanda y’umwaka wa 2023/2024 yasojwe taliki 12 Gicurasi 2024 maze Ikipe ya APR FC ihabwa igikombe cyayo, naho Sunrise FC
Nyuma y’uko Thierry Forger wa APR, Mbirizi Eric, Ngono Guy Hervé na Henock Yao ba Gasogi United beretswe umuryango, Kwizera Janvier bakunze kwita Rihungu, wari
Rutahizamu Erling Braut Haaland waraye ababaje Tottenham Hotspur ayitsinda ibitego bibiri bigasa n’ibikuye Arsenal ku gikombe, yari yahawe ubutumwa na Atrida Wett usanzwe ari umufana
Ikipe ya Manchester City yatsinze Tottenham Hotspur ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 37 wa Shampiyona y’Igihugu y’Abongereza, ikura Arsenal ku mwanya wa mbere mu
Umunya-Espagne Aritz Lopez Garai usanzwe ari umutoza wa FC Nouadhibou yo muri Mauritanie, biravugwa ko ashobora kuza muri APR nk’umutoza mukuru nyuma ya Thierry Forger
Kylian Mbappé waraye atowe nk’umukinnyi wahize abandi muri Shampiyona y’Abafaransa, Ligue 1, aravugwaho gushyamirana na Perezida we muri Paris Saint Germain, Nasser Al-Khelaifi nyuma yo