As Kigali ikuye Mukura Victory Sports Amata ku munwa iyitwara umukinyi mwiza yari yeretse abakunzi bayo

Ikipe ya As Kigali yamaze kumvikana na Rutahizamu Kevin Ebene wigaragaje ku mukono Apr FC yanganyijemo na mukura Victory Sports ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 60 imaze ivutse.

Amakuru agera kuri Kglnews dukesha Umunyamakuru umwe mu bakomeye muri ruhago nyarwanda, akaba n’umwe mu bayimazemo igihe Sam Karenzi yemeza ko umunye Cameroon Kevin Ebene yamaze gusinyira ikipe ya As Kigali imupapuye Mukura yarimufite mu biganza.

Kevin Ebene wigaragaje mu mikino ya B&B International Football Drafting League yaramaze iminsi akora igeragezwa mu ikipe ya Mukura Victory Sports. Mu mukino we akina na APR FC ni umwe mu bagaragaje ubunga budasanzwe mu bari mu kibuga bose.

Related posts

Nyuma yo gutsindwa arushwa FERWAFA byayanze mu nda Umutoza Amrouche agambirizwa utwe

Munyakazi Sadateyakojeje agati mu intozi maze yirata ibigwi adafite

Khadime Ndiaye akomeje kwibazwaho: Ese koko ni we kibazo cya Rayon Sports?