Ngizi ingaruka mbi uzahura nazo mu gihe ugiye gushaka umukobwa wabyariye iwabo.

Ngizi ingaruka mbi ugiye guhura nazo mu gihe ugiye gushaka umukobwa wabyariye iwabo , Mbere yo ku mushaka banza urebe bino bintu bikurikira

Kubona urukundo rw’abana babo bikunze kugorana: Mu gihe umwana yamenye se umubyara bya nyabyo, bizagorana gukomeza kuguha urukundo yarasanzwe aguha.

Kongera kuzigama amafaranga nkuko bisanzwe bizagorana: Nutangira gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo bizongera kugorana kuzigama amafaranga nkuko bisanzwe kuko uzajya wita no ku muryango we ariwe mwana we.

Mu rukundo rwanyu hazajya hivangamo abo bakundanye mbere yawe: Mu gihe ugiye gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo, mu rukundo rwanyu rimwe na rimwe hazajya hivangamo abo bakundanye mbere, kuko uba utazi neza niba yarababajwe mbere yuko utangira kumukunda jya ubanza umenye ahahise he nabo bakundanye mbere yawe nicyo bagendaga bapfa bizagufasha kumenya uko muzabanamo muri urwo rugendo rw’urukundo rwanyu

Rimwe na rimwe nta gihe gihagije azajya abona cyo ku kwitaho: Ubushakatsi bwerekanye ko bene aba bakobwa igihe bagira cyo kwita ku bakunzi babo ari 10% mu gihe 90% baba bari kwita kubana babo bashaka kubaha ibyishimo bambuwe n’ababateye inda.