Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Ubuzima

Zikwica nta nteguza: Indwara zishobora ku kwica mu masaha 24 gusa.

 

Dore indwara zica vuba mu gihe zitakurikiranywe mu amasaha yak are, muri iyi nkuru turagaruka ku ndwara zishobora ku kwica mu masaha 24 gusa utacunze neza ngo wiyiteho.

1.Meningitis: Iyi ndwara ya Meningitis , ni indwara iterwa cyane na bagiteriya cyangwa indwara z’ama imfection.Iyi ndwara yibasira cyane igice cy’ubwonko  ndetse n’urutirigongo.Iyi ndwara iba isabwa kwitabwaho cyane na nyirayo mu gihe cya vuba mu rwego rwo gukomeza

kwirinda no kongera iminsi yo kubaho ntakibazo.Iyi ndwara yibanda mu bana bakiri bato, abana bari gukura. Dore indwara zica vuba ndetse no mubana bageze mu bugimbi n’ubwangavu,kimwe n’abari kugera muzabukuru vuba.Iyi ndwara iteza akaga gakomeye cyane kuburyo ishobora no kwica uyirwaye vuba cyane.

 

2.Drag Eating Bag.

Iyi ndwara nayo ituruka cyane kuri bagiteriya, iyi ndwara kandi izwi ku izina rya ‘’Necrotizing’.Iyi ndwara ikwirakwira mu mubiri cyane ikajya mu minsi kuburyo ishobora kwica mu gihe cy’amasaha 24 gusa mu gihe warangaye,Iyi ndwara ushobora kwibwira ko yavuye mu mubiri wawe nyamara yanze kuwuvamo.

3.Stroke.

Iyi ndwara akenshi iba iyo amaraso yatembereye ahantu mu mubiri agasanga hafunze.Ibi biteza ikibazo gikomeye biturutse ku bwonko.Bitewe n’uburyo iyi ndwara ari mbi cyane ,abantu bayirwaye bagirwa inama yo kuyitaho cyane no kumenya neza ko yakize cyangwa yahawe ubufasha bw’ibanze.

4.Cholera.

Chorela ni indwara itera guhitwa cyane.Iyi ndwara yica mu masaha make ukimara kuyirwara mu gihe utitaweho.Iyi ndwara iterwa n’uko wanyoye cyangwa wariye amafunguro adasukuye.Cholera , ni indwara y’isi yose kandi ikwirakwira cyane mu masaha make.Buri mwaka iyi ndwara yica abasaga ibihumbi 21 n’ 140 ku isi yose.

5.Ebola.

Ebola, iri zina rirazwi cyane mu bihugu bimwe na bimwe haba muri Afurika ndetse no ku isi yose.Iyi ndwara itera umuriro mwinshi cyane ndetse n’amaraso agatembera nabi kuburyo bugoranye cyane.Imibare izwi y’abantu banduye iyi ndwara ya Ebola ku isi yavuye kuri 50% igera kuri.

Related posts