Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Umukobwa wese ukorera ibi bintu umusore uzamenye ko agukunda by’ ukuri

 

Hari ibintu umukobwa ashobora ku gukorera cyangwa akakubwira bikaba ikimenyetso simusiga cy’uko agukunda cyane,Urukundo rurangwa no kwiyegurirana , kubahana , kutikunda , kumvana , kubabarirana , kwizigama ndetse no kwizerana.Urwo ni urukundo rw’ukuri hagati y’abantu babiri.Kuba benshi rero bagira ikibazo cyo kumenya niba abo bita abakunzi babo ba bakunda koko niyo mpamvu twahisemo kubategurira iyi nkuru.

IBI BYABA IBIMENYETSO SIMUSIGA BY’UKO N’UMUGORE WAWE AGUKUNDA KOKO NIBA MWARAMAZE KURWUBAKANA.

1.Azajya yita kuri buri kimwe ukora: Mu by’ukuri , umukobwa ugukunda, usanga ashishikazwa na buri kimwe ukora, akakubaza uko byagenze atitaye kubyo kuba wowe ubishaka cyangwa utabishaka.Uyu mukobwa atekereza ari wowe kintu akwiriye kumara igihe yiga , kugira ngo azabone uko agira ubuzima bwe.

2.Agutera imbaraga ndetse akagufasha kugera ku ntego zawe: Nubona ari gutyo ameze, uzahite uvuga ngo , mbonye uwo Imana yangeneye ntavunitse kuko azaba ari uwo.Umukobwa ukunda gutera imbara aho kuguca integer, umukobwa wumva ko kugera ku ntego zawe ariryo terambere rye, umukobwa  ugufasha kugera aho wahoze urota kugera , ntihakagire icyo uzamunganya.Birashobokako wowe, nacyizere wibonamo cyo kuba wabikora, ariko uwo mukobwa azatuma umenya ko nta nundi muntu ukurenze ku Isi.

3.Aho ari hose, abarimo kugushimishaUmukobwa ugukunda azaba umuvigizi wawe mu buryo utazi.Uyu mukobwa ahora agutera ishema kandi n’isnhuti zawe zirabikubwira.

Related posts