Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Umugabo n’ umugore ni nde uryoherwa cyane kurusha undi iyo batera akabariro ka mugitondo? Soma inkuru yose ubundi usobanukirwe.

Abahanga bavuga ko gutera akabariro ka mugitondo mu rukerera ari byiza cyane kuko bituma wirirwana umuneza nta bintu byinshi utekereza.Abahanga mu bya Science ndetse n’umubiri bavuga ko abagabo aribo baryoherwa cyane no gutera akabariro ka mugitondo kuko abagabo bose usanga mu rukerera aribwo baba babishaka cyane.

Abahanga bakomeza bavuga ko uretse n’abagabo bafite abagore n’abasore usanga mugitondo aribwo baba babishatse cyane aho usanga iyo batarabyuka yikandakanda cyangwa yirambura cyane mu buriri kubera kubishaka niyo mpamvu abagabo aribo baryoherwa cyane kurusha abagore mu gutera akabariro ko mu rukerera.

Bakomeza bavuga ko mu rukerera saa kumi n’imwe 5:00am (hormomes )ziba mu mubiri w’umugabo ziba zibaye nyinshi aribwo zitangiye gukora zigatuma umugabo ariwo abishaka cyane kurusha andi masaha.

Inyumviro z’umugabo zishyira  mu bwonko bwe zikora n’injoro cyane ya yajya kubyuka zigakora cyane umubiri ugatangira kubishaka.

Abahanga bavuga ko n’umugore nawe agira ubushake ariko ntago buba bungana n’ubwumugabo akenshi bivugwa ko abagabo iyo bigeza hagati ya saa kumi na saa kumi n’imwe abagabo baba batangiye kubishaka aribo batangira gukorakora abagore.

Ikindi kivugwa ndetse n’ikinyamakuru Bukedde kivuga ko abagore impamvu bataryoherwa cyane no gutera akabariro ka mu gitondo ari uko baba bumva nta suku bafite ihagije kuko baba babikoze mu ijoro mu rukerera baba bumva babanza gukaraba bigatuma bataryoherwa cyane nk’abagabo.

Abahanga bavuga ko umugore muri urwo rukerera biba byiza iyo abanje akujya kwihagarika kuko ushobora kuba ugitangira akumva inkari ziraje icyo gihe ntaryoherwa ahubwo aba ategereje ko urangiza ngo ajye kwihagarika niyo mpamvu akenshi ubona murangije agaturu ukabona umugore arabyutse vuba vuba yiruka ajya kwihagarika.

Dore ibyo wakora kugirango ushyire umukunzi wawe muri Mudu (mood)amagambo umubwira atuma ajya muri mood ,akamufata fata ukirinda style zatuma umwe muri mwe ahumeka umwuga ajya mu mazuru y’undi kuko mu gitondo hari abakunda kugira umwuka mubi bigatuma umwe muri mwe ataryoherwa mutera akabariro.

Akamaro ko gukora agaturu ka mugitondo

1.Iyo mugakoze ako mu rukerera karuhutsa ubwonko ndetse ntago wirwa ubitekerezaho ahubwo bituma utekereza ku mukunzi wawe uburyo yakuryohereje.

2.Gatuma urukundo rwiyongera kubera ko katajya gatinda cyane bituma buri umwe yirirwa atekereza uwo babikoranye urukundo rukiyongera.

3.Gakora nk’icyayi unywa mu gitondo kuko gatuma amaraso ashyuha n’ubwonko bigakora neza niyo mpamvu usanga hari abantu uba ubona yirirwa yishimye aseka cyane.

4.Ako gaturu ka mu gitondo gakora nk’umuti w’umubiri kuko akenshi gafasha gusubiza umubiri bushya ,iyo ukaraangije ugakaraba wumva umubiri ubaye mushya bigatuma nta ndwara yagufata y’umubiri.

5.Iyo ugakoze ukarangiza bituma umubiri usa n’uruhutse ukisubira ugatangira bushya aribyo bituma usanga umuntu ahorana uruhu rukeye kuko aba yaryohewe umubiri waruhutse ndetse yakarabye ugasanga umubiri nta kibazo ufite aribyo bimufasha guhorana uruhu rwiza ku maso yahura n’abantu bati uracyeye shahu.

6.Kandi gatuma mugenzi wawe akomeza ku kwizera ko umukunda utamwishisha kuko iyo atagukunda rimwe na rimwe arazinduka akagusiga mu buriri wenyine yaba ari umugore ntabura ibyo yitwaza ngo arimo gukora cyangwa umugabo ati mfite gahunda nyinshi n’ibindi byitwazo byinshi.

7.Abahanga nanone bavuga ko gutera akabariro ko mu rukerere gatera ishaba abagabo (Amahirwe)kubera amagambo meza umugore aba akubwira wumva wishimye ndetse ukarangiza bityo ukava mu rugo n’umutima mwiza ukirirwana umunezero n’ibyo ukoze byose ukabona biragenda neza ariyo mpamvu bavuga ko gatera ishaba.

8.Aka mugitondo gatuma ubwonko bufunguka ugatekereza cyane bigatuma itekereza neza ugakora imishinga myiza yinjiza amafaranga ukabaho neza.

Iyo wishimye ibintu bigenda neza niyo mpamvu akenshi iyo utumvikana n’umukunzi wawe usanga nta terambere mugeraho kubera ko mwirirwa mutekereza uko uri bugere mu rugo uko muributongaane ,uko uri bumugaburire n’agasuzuguro n’ibindi byinshi aho gutekereza ibyinjiza amafaranga mukabaho neza.

Mary Nampijja avuga ko ubushakashatsi bwagaragaje ko abantu 90% bakunda gutera akabariro ko murukerera akagira inama abagore ko bakwiye kumenya niba abagabo babo bakunda ako mu rukerera bakakabaha kuko gatuma akomeza kugutekereza ndetse bigatuma akomeza kugukunda ariko iyo bamwe mu bagore batagahaye abagabo babo hari igihe bibaviraho kubaca inyuma.

Related posts