Bamwe mu basirikare b’u Burundi bafatiwe ku rugamba ruhanganishije FARDC na M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko bajyanwa batazi aho
Umunyamakuru Sam Karenzi usanzwe ari umuyobozi wa Radio Fine FM amaze icyumweru kirenga atumvikana ku nyakiramajwi z’iyi Radio mu kiganiro Urukiko rw’Ubujurire, benshi mu bakunzi
Abacuruzi batandukanye bohereza ibicuruzwa mu mahanga byiganjemo ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi bavuga ko ubumenyi buke ku bahinzi mu kongera umusaruro no kutizerana hagati yabo
Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon Sports, Kanamugire Roger ageze kure ibiganiro n’ikipe ya APR FC aho biteganyijwe ko agomba kuyisinyira amasezerano
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima yavuze ko Minisiteri ayoboye iri gukorana n’akarere ka Huye mu gushaka amahirwe yose urubyiruko rwabonamo
Barafinda Sekikubo Fred yavuze impamvu yatumye yongeye gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ari uko afite ibintu 200 ashaka gukorera abanyarwanda biri muri Manifesto yateguye. Barafinda