Buriya iyo abantu bakundana hari ibyo baba baziranyeho , uko agufata amagambo meza akakubwira gusa hari igihe bihinduka , ukabona by’abindi yagukoreraga birimo
Nyuma y’ uko ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hacicikanye amafoto y’ umuhanzi The Ben ari kumwe n’ umugore we Uwicyeza Pamella agaragaza ko atwite yabisabiye
Abantu benshi bakunze kuvuga ko abagore bari mu zabukuru badakunda imibonano mpuzabits1na gusa ubushakashatsi bushya bwerekanye ko aribo ahubwo bayikunda ku rwego rwo hejuru.
Inkuru yashimishije Abanyarwanda, kuri ubu Ishyirahamwe ry’ Umupira w’ Amaguru Afurika ( CAF), ryamaze gutangaza ko u Rwanda ruzitabira iri rushanwa. Ibi bije