Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Ubuzima

Nimba urwaye izi ndwara ntuzongera kurya ibigori.

Nimba urwaye izi ndwara ntuzongera kurya ibigori.

Hari abantu barya ibigori byaba bitogosheje cyangwa byokeje ugasanga bibagizeho ingaruka ntihakagire abamenya impamvu.

N’ubwo ibigori biri mu bitera imbaraga ndetse ari na nkenerwa cyane mu buzima bwa buri munsi usanga kubirya ukarenza urugero bikugiraho ingaruka nyinshi zigiye zitangukanye bikarushaho kuba bibi iyo urwaye zino ndwara zitandukanye.

Diabetes: Iyo abantu barya ibigori hari isukari nyinshi iba mu bigori iyo urwaye Diabetes usanga atari byiza kuko bituma indwara yiyongera, ndetse ukamererwa nabi kubera ikitwa Carbohydrates kinshi kiba mu bigori cyongera urugero rw’isukari mu mubiri, ni byiza kutarya ibigori.

Ikibazo mu igogora: Nimba urya ibigori cyane uba ufite ikibazo ndetse ufite ibyago byo kuba wagira ikibazo mu igogorwa kuko iyo igifu kitabashije gushya neza ibyo wariye, bituma ugira ikindi kibazo gikunze kwitwa impatwe.

Asthma (Asima): iyo urwaye indwara ya Asima ntabwo ari byiza kurya ibigori, kuko kubera protein irimo bituma indwara ya Asima yiyongera, urugero nkiyo uribwa mu mazuru cyangwa se kuvuga bikagenda bigorana ntabwoa ari byiza kurya ibigori, ibyiza kuruta byirinde.

Related posts