Ngibi ibibazo bagiye guhura nabyo! Abakobwa bisiga ibirungo byo ku munwa akabo kashobotse

 

Abantu benshi cyane cyane abakobwa cyangwa umubyeyi uzakunda gusanga akenshi bisize ibintu ku munwa gusa Ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ibibazo umuntu wese wisigaye ibi bintu agiye guhura nabyo.

 

lbirungo by’iminwa biziwi kwizina rya ripusitiki na ripugorose ni bimwe mubyo abakobwa na byeyi bamwe baba mama bakunze gukoresha burimunsi ,nyamara bishobora gutera ibyago bikomeye ku ubuzima bwa bo.Waruziko ko kubyisiga bitera indwara nyishi cyane kuburyo tutari tuzi.

Imwe muri izo ndwara harimo kanseri y’iminwa: Ibinyabutabire bibamuri ripusitiki na ripugorose by’itwa ridi (lead) na parabeni(parabens ) bishobora gutera indwara ya kanseri y’iminwa cyangwa ku ruhu ruri mu nyengero z’umunwa.Hari nubwo bishobora no gutera kanseri ya mabere cyangwa iyo mu gifu,Ku ko ubutabire buba muri biriya birungo abayabumize igihe arimo kurya ibiryo cyangwa ari kurya iminwa.ibyo binyabutabire iyo ubimize biragenda bikivanga n’imikorere y’umubiri umuntu akaba yagira kanseri y’ibere cyangwa bikangiriza igifu, kimwe nuko igifu cya fatwa na kanseri.

Sibyo gusa kandi umuntu ashobora kwangirika amenyo, ibirungo by’umunwa bimujya mu kanwa bigateza mo udukoko tutaboneshwa amaso twitwa mikorobe,mu kanwa hakaba hazamo umunuko cyagwa amanyo akabora.Ibyo birungo bishobora gutuma iminwa ibyimba cyangwa ukagira ibisebe ku munwa bitewe n’ubutabire bubamo.

Bitera imyitwarire itari myiza ,ku ko ubyisiga aba yumva adafite ubwiza buhagije mu gihe atabyisize ,bigatuma yigirira ikizere gike akaba ya na cika inege.Abahanga mu byubuzima bagira intama abakobwa izinama: ngo niba ushaka kurinda iminwa koresha amavuta karemano atarimo ibinyabutabire byangiriza nka mavuta ya vaserine na mavuta y’ibihwagari,irinde kubyisiga kenshi ku ko bitera indwara z’igihe kirekire.kandi abakobwa bibuke ko isoko y’ubwiza ari ukurya neza n’isuku.

Muri iki gihe turimo na bamwe mu bahungu basigaye bisiga ibyo bita (rabero),rero na mwe birabareba ku ko byabayera ingaruka nyinshi.Ubundi buryo umugabo ashobora kwakira biriya bitabire mu mubiri we binyuze mu gusomana n’umugore wa byisize ubundi na we ingaruka zi birungo bya bagore bikamugeraho.Ripusitiki na ripugrose si umuti w’ubwiza,ahubwo n’imitego ishobora guteza indwara zikomeye nka kanseri y’uruhu,iyamabere ndetse ni yumunwa.Kwirinda ibyo birungo n’inzira nziza yo gusigasira ubuzima bwa we ,ugakomeza kubaho kandi neza.

NSHIMIYIMANA FRANCOIS/KGLNEWS