Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Manchester City yicaye kugakantu Fluminese yo muri Brésil

Manchester City ubu niyo kipe nziza kurusha izindi kwisi,ikaba imaze gutwara igikombe cy’isi cy’amakipe yabaye aya mbere ku migabane itandukanye,aho igitwaye itsinze Fluminese yo muri Brésil 4-0.

Ibyo bitego byatsinzwe na J. Álvarez yatsinze bibiri, Nino na Foden nibo bayiheshe iki gikombe.

Aha Manchester City yahageze nyuma yo gutsinda Inter Milan igitego kimwe cya Rodrigo muri UEFA champions league,ihita ibona itike yo gusohokera Uburayi.

 

Fluminese igeze ku mukino wanyu itsinze ikipe Al Ahly 2-0 nubwo itabashije gutwara igikombe, Manchester city yegukanye iki gikombe ubwa mbere mu mateka yayo.

Ubu Manchester city niyo kipe ya mbere kwisi,kuko ibikombe hafi ya byose yakiniye yarabitwaye.

Related posts