Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Kigali: Impenure z’abakobwa b’ibizungerezi zikomeje gutuma abasore n’abagabo bubatse barabya indimi.AMAFOTO

Kuri ubu abantu benshi basigaye babaho mu bzima bworoshye cyangwa s butagoye cyane aho usanga umuntu abaho yikorera icyo ashaka ngo ubuzima nibuto.

Iyo uzengurutse imbuga nkoranyambaga usanga hirirwaho amashusho yurukozasoni aho usanga abiganjemo urubyiruko aribo birirwa bareba ayo mashusho ashobora no gutuma abantu bahinduka mu mitekerereze bakishora mu ngeso mbi.

Mu mibereho ya muntu ntatana no kwifuza buri kintu kibereye amaso cyangwa se kigezweho, yaba aho agenda, aho atuye n’ibindi. Ni imiterere umuntu adashobora guhindura.

Mubyukuri Iyo umuntu amaze kwihaza mu bindi byangombwa nkenerwa cyangwa bitewe n’icyubahiro afite, hakurikiraho kwiha icyo yumva ashaka, ari naho usanga hazamo kumenya ubwoko bw’inyogosho cyangwa se imyambaro ukeneye n’ibindi.

Bamwe mu banyamadini bavuuga ko Ijipo ngufi, ni umwambaro watangiye kwambarwa kera hagati y’umwaka wa 1370 -1390 mbere y’ivuka rya Yesu Kirisitu, ukaba warambarwa n’abanyamisiri.

Icyakora hari abavuga ko wadutse mu 1960 mu Bwogereza kandi ko umuririmbyi w’Umufaransakazi witwa Josephine Baker ari we wawambaye bwa mbere mu myaka ya 1900.

Kuba uyu mwambaro waba waradutse kera ntibivuze ko ubu wataye agaciro cyane cyane ko usanga muri iki gihe ari bwo abakobwa b’abanyarwandakazi batandukanye ari bwo baharaye kuwambara cyane cyane Abanyakigali.

Bamwe mu rubyiruko rutandukanye rwiganjemo abasore babwiye IGIHE ko babangamirwa cyane n’abakobwa basigaye bambara impenure zenda kugaragaza ubwambure kuko bituma rimwe na rimwe bishora mu ngeso z’ubusambanyi.

Hari n’abemeza ko hari impenure abakobwa bambara zigatuma barara bikinisha kugira ngo birangirize ibibazo.

Bitege, (izina ryahinduwe) yagize ati: “Njye sinkubeshya turiya tujipo tugufi abakobwa b’i Kigali bambara tuba twenda kubagaragaza ubwambure bwabo tuntera ibibazo kabisa kuko dutuma ntangira kumva gusambana mu gihe mba ntabigambiriye na gato”.

Yakomeje avuga ko aba yumva ubuyobozi bwafatira ingamba zihamye abakobwa bambara imyenda migufi ikabije kuko bitandukanye n’umuco nyarwanda bikaba binongera ubusambanyi cyane cyane ko hari n’abazambara bagambiriye gukurura abasore n’abagabo.

Muhizi Claude utuye mu Kagari ka Rwampara mu Murenge wa Nyarugenge yagize ati: “None se iyo umukobwa yambara nk’akajipo kagufi ntiyambariremo ikariso aba yibwira ko umusore ubibonye bitamutera ikibazo? Kandi nizera ko utabigira na we aba ari umurwayi”.

Yakomeje agira ati: “Sinakubeshya rwose hari n’igihe mbyuka nijoro nkasanga nirangirijeho kubera abakobwa mba niriwe mpura na bo bambaye utujipo dugufi cyane ku buryo mba numva ubuyobozi bukwiye nabo kujya bubafatira ibyemezo kuko natwe duhura na bo baba bari kutwangiza mu mutwe”.

Gusa hari n’abemeza ko hari urubyiruko rwirirwana camera mu mihanda itandukanye cyane cyane nk’ahitwa muri ’Car Free zone’ bifotorera abakobwa baba bambaye impenure bakarara bikinisha bifashishije ayo mafoto.

Related posts