Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Iyo muvuye mugikorwa cy’ abakuru  hari amagambo wabwira umukunzi wawe akazahora agufata nk’ indashyikirwa , aho ugiye akakwiruka inyuma

Mu gutera akabari r* o , abantu bamwe iyo bamaze kugirana ibihe byiza n’abakunzi babo cyangwa abafasha babo akenshi bahita basinzira nk’aho akazi kabakarangiye. Ariko igihe umaze kurangiza icyo kikorwa cy’urukundo ntugomba guterera iyo hari ibintu bitandukanye wakorera umufasha wawe nawe akabona ko igikorwa mumaze gukora gikozwe mu rukundo nyarwo.

.Ibyo mugomba kwitaho igihe murangije igikorwa cyo gutera akabari r* o

.Wari uzi ko ibi bintu byongera urukundo hagati y’umugabo n’umugore

.Ibyo umugabo yakorera umugore we akarushaho kumukunda

Ibi ni bimwe mu bintu umugore aba ashaka gukorerwa nyuma yo kurangiza imibonano mpuzabitsina wowe mugabo ukwiye kumenya.

1.Kumusoma:Umugore aba ashaka ko umusoma ku minwa, mu gahanga witonze. Ibi bimugaragariza ko na nyuma y’igikorwa cy’urukundo ukimwitayeho kandi umukunze.

2.Kumubwirango “ndagukunda”:Ibi bishimangira ko igikorwa murangije cyakozwe mu rukundo. Iri jambo rikaba rimuhamiriza ko ari we wenyene wifuza ibihe byose.

3.Kumukora ku nda:Akenshi ubyifuza aba ashaka umwana cyangwa se atwite.

4.Kumubwira ko ari mwiza: Kumubwira ko arimwiza afite ubwiza butangaje bimutera akanyamuneza mu mutima ntagire ikintu kibi aba yagutekerezaho cyangwa ngo abe yagira ibintu bibi yagukekaho.

5.Gukinisha intoki n’impeta y’ubukwe:Ku mufata intoki no gukinisha impeta wamwambitse bimugaragariza urukundo rw’agatangaza kandi ukibuka kumubwira ko ari wowe wenyine afite.

6.kumubwira ko ari igitangaza:Uko urushaho kumushimira niko nawe arushaho kugukorera ibitangaza. Abagore bakaba bakunda kuba babwirwa amagambo agaragaza ko ari abigikundiro, batanga keya (Care) n’andi menshi.

7.Kumusaba imbabazi no kumubabarira:Amakosa uba waramukoreye biba byiza iyo uhise umusaba imbabazi kandi na we ikintu aba yaraguhemukiye ugahita umubwira ko ntakibazo umubabariye. Nyuma y’icyo gikorwa mugatangira umurongo mushya.

8.Kumukora k’umubiri we(stroke):Mukore ku ijosi, mu mugongo, ku maboko n’ahandi hatandukanye kandi unamusoma.Ni ukuvuga umubiri we wose.

9.Kumwororosa: Nyuma yo gutera akabariro, kumutwikira uburingiti cyangwa ishuka bituma yumva ameze nk’aho ari kumwe n’igikomangoma kandi akumva arinzwe bihagije.

10.Kujyana mu bwogero:Kujyana koga mugaseka, mugakina, mu gasiritana,mu gaterana amazi bitera umutima gushyuha maze akagukunda cyane.Mugore nawe hari ibirimo hano ugomba kwitaho ukabikorera umugabo wawe kugira ngo urukundo rurusheho gutoha kandi mwibanire mu munyenga

Related posts