Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Ibi birareba abakobwa! Hasohotse ibyiza byerekana gukundana n’ umusore mugufi cyane kuri wowe. Soma inkuru yose

Abakobwa benshi ku bijyanye n’ urukundo , bakunze kubenga cyane abahungu kubera ukora bareshya, usanga barimo kugaragaza ingano y’ umusore bifuza.

Gusa muri iyo nkuru ugiye kwigiramo byinshi cyane ku byiza byo gukundana n’ umusore mugufi.

Buriya benshi mu bantu bakunze gutekereza ko abagabo bato ari beza , mu gihe abandi nabo bakuze bizera ko umuntu muzamarana imyaka yawe yose w’umugabo agomba kuba muremure, kurusha uwo bazashakana.

Niba wishimiye gukundana n’umusore muremure kukurusha, dore ibintu bike bishobora kukwemeza kwisubiraho.

  • Uyu mugabo ntabwo yaguca inyuma.

Abasore bagufi biyegurira abakunzi babo kuburyo badashobora kubaca inyuma habe na rimwe. Ubushakashatsi bwakozwe na Ashley Madison , bugaragaza ko abagabo barebare aribo baca inyuma abo bashakanye kurenza abagabo bagufi.

  • Baba bazi kwiyitaho

Hariho ibintu bike bishishikaje biranga umusore mugufi bijyanye no kuba yakwiyitaho, ndetse akita no kuwo bashakanye. Umugabo mugufi aba azi kwiyitaho no kwita kuwo bashakanye.

  • Mu rukundo.

Gusomana n’umusore mugufi biba byiza cyane kurenza gusomana n’umusore muremure cyane. Hari ubwo umukobwa akundana n’umusore muremure cyane kuburyo mu gihe cyo gusomana umwe muri bo ahababarira, bitewe n’uburebure bw’uwo bakundana.

  • Ntabwo biyemera.

Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza ya New York, abasore barebare bakunda gushaka vuba cyane ugereranyije n’abasore bagufi.

Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko abasore barebare bakunda gutandukana n’abo bashakanye kurusha abasore bagufi. Abasore bagufi ntabwo bagira kwiyemera cyangwa kwiyumva.

  • Ntabwo bizagusaba kwambara inkweto ndende (High heels) ngo mukunde mungane.

Iyo umukobwa akundana n’umusore muremure akaba amuruta cyane, akenshi usanga ashaka uko bareshya mu gihe bagiye gusohakana bigatuma yambara inkweto ndende cyane. Mu gihe rero ukundana n’umusore mugufi ntibizagusaba gukora iyo bwagaba kugira ngo mureshye.

Ivomo: Indiatimes.com

Related posts