Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Ibi bintu mugomba ku byirinda mu gihe murimo gutera akabariro kuko byakwangiza umunezero.

Ibi bintu mugomba ku byirinda mu gihe murimo gutera akabariro kuko byakwangiza umunezero.

Gutera akabaruro n’ ikimwe mu bintu bishimisha abari muri icyo gikorwa cyane cyane iyo bakundana cyangwa se mu bana nk’ umugabo n’ umugore birashimisha cyane kuko mubikorana urukundo.

Kuko biba bitandukanye nuwo mwabikorana ugirango urangize gahunda zawe maze agende na we ugende mu byukuri abantu benshi bakunze kuvuga ko ntakintu gitanga ibyishimo nko gutera akabariro.

Uyu munsi rero tugiye kubagezaho ibintu mugomba kwirinda mu gihe murimo gutera akabariro.

1.Irinde kwitiranya amazina.

Mu gihe urimo gutera akabariro irinde kuba wakwitiranya amazina yuwo muri kumwe nundi wenda mwaryamanye akagushimisha cyane kuko iri ni kosa umukunzi wawe atakubabarira akenshi niyo bibaye igikorwa mwari murimo gihita gihagagarara ako kanya , ahita yumva atabishaka gukomeza kubikora irinde rero iri kosa nkiri ngiri.

2.Irinde huti huti.

Ubundi icy’ igikorwa n’ igikorwa umuntu akora yateguye kandi afite umwanya uhagije kuko iyo ubigiyemo utiteguye ntamwanya ufite har’ igihe birangira udashimishije uwo muri kumwe kuko akenshi nakenshi uba witekererezaho ntutekereze kuri mugenzi wawe muri mu gikorwa kimwe rero byaba byiza mu gihe ufite indi gahunda kubanza kuyikora maze ukagaruka utuje ukajya muri kino gikorwa.

3.Irinde kuvugango”Urakoze”.

Mu byukuri kino gikorwa kiba hagati y’ abantu bakundana nibo cyagenewe , rero mu gihe uri gutera akabariro nuwo m’ ukundana ntuzigere umubwirango urakoze kuko murakoze bayibwira umuntu uri kukazi uri bwishyure rero ntago ari byiza kuba wamushimira umubwira ngo urakoze ahubwo washaka ubundi buryo umwerekako byagushimishije.

4.Irinde gutanga amabwiriza.

Mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina nuwo mukundana cyangwa se uwo mwashakanye irinde kuba wamuha amabwiriza yibyo agukorera cyangwa uko ushakako bigenda kuko har’ igihe ibyo wowe ubushaka we atabikunda akenshi uramureka aho ibyishimo bibajyanye ukajya aho ngaho ukaza kubimubwira musoje kuko har’ igihe wabimubwira agahita ava muri mudu yari arimo.

Related posts