Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Ubuzima

Dore urugutegereje niba wambara imyenda ukimara gutera akabariro.

Abantu benshi bagirwa inama yo kwihagarika nyuma y’ akabariro mubrwegk rwo kwirinda kurwara za infection ariko hari n’ ikindi cy’ uko umunti urangijr iki gikorwa agomba kwirinda kwambada imyenda imufashe nka za colllant, jeans zegereye umubiri cyane, ndetse n’ ikariso…

Impamvu yabyose ni uko iyo umuntu wese iyo akirangiza gutera akabariro umubiri uba warekuye amatembabuzi menshi ndetse kwikubanaho kw’ imibiri yombi bishobora kongera ubwinshi bwa za bacteria muri ibi bice biba biriho amatembabuzi( amavangingo).

Kwambara bene iyi myenda bigira ingaruka zikomeye cyane cyane ku bagore

Kwambara iriya myenda rero ifashe cyangwa yegereye umubiri cyane cyangwa idafite imyenge ihagije yo guhitisha umwuka nyuma y’ akabariro bishobora gufasha mu kurema ahantu heza turiya dukoko twororokera bityo bikaba byagukururira ibyago bikomeye cyane byo kurwara indwara zizwi nka infection zirangwa no kuribwa mu kiziba cy’ inda , kubabara mu gitsina , kugira ururenda rw’ umuhondo kandi runuka..

Related posts