Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Dore ibyo umukobwa akwereka iyo yagusuye ashaka ko murya agatunda , ariko umusore usenga akamubera ibamba

 

Hari ubwo umukobwa asura umusore akamwereka ibimenyetso byose by’uko yifuza ko baryamana ariko nyamara umusore wacu usenga cyane ntabashe gusobanukirwa n’icyo gishuko akaba akize gutyo.

Inkuru mu mashusho

N’ubwo atari byiza ko ufatirwa muri uwo mutego, umukobwa nagusura uzigengesere mu gihe azaba arimo gukora byinshi muri ibi bimenyetso.

1. Iyo aje kugusura aza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi.Niba hari umukobwa wagusuye akaza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi menya uko ashakako mutera akabariro.Muhakanire kure ndetse wirinde kwegerana nawe.

2. Akurambika umutwe kurugu cyangwa kubibero.Mu gihe umukobwa wagusuye atangiye kukurambika umutwe kuntu zawe cyangwa kubibero byawe, menya ko hari ibyo yifuza kuri wowe.Nuticunga neza , ushobora gusanga akugushije mu mutego.

3. Ndataha nyuma y’isaha.Iri jambo rigaragazako arimo kukubwira ko muri iyo saha imwe hari ibindi mwakorana.

4. Ndumva nshaka kuryama ariko sinkeneye kukubangamira.Ukumva atangiye kukubwira ngo ndashaka kurya ,… uyu mukobwa azaba ashakako mukora imibonano mpuzabitsina kandi mutabyemerewe mu by’ukuri.

5.Uziko nibagiwe gufunga igifungo cy’ishati yanjye.Iyi ni imwe muri tekenike abakobwa benshi bakoresha mu gihe baba bifuza kuryamana n’abasore basuye.Ibi twabivuze kuko hari abakobwa bashotora abasore kandi nyamara batanakundana ahubwo bagamije kubashora mungeso mbi.

Related posts