Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Dore abasore ugomba kwirinda guhitamo niba ugiye gushaka umugabo kuko azaguhoza iwanyu uhora wahukana

 

Hari umusore ushobora guhitamo nk’umukobwa ubuzima bwawe ukaba ubusize mukaga atari uko adashobora kubaka ahubwo ari uko imico ye utazabasha kuyiyobora neza ngo bigukundire.Muri make aha uba usabwa kumenya neza ko wahisemo neza bitewe n’imico y’uwo wifuza kuza kubera umugabo.

1.Umusore ushyushye:Aba basore rimwe uba uri urukundo rwubuzima bwabo ejo bakibagirwa ni taliki y’amavuko yawe. Mu kwezi kwa mbere mukundana uba uri mama w’abana be bataravuka ejo ukaba umeze nkutarigeze uba mu buzima bwabo.

Inkuru mu mshusho

2.Umusore usigana:Aba basore bahora bakubwira gukora ibintu runaka mbese akubwira gukora utuntu nawe yakora ibyo nabyo si byiza kuko Kenshi bikurura amakimbirane hagati yanyu.

3.Umusore usinda cyane: Niba ukundana n’umusore unwa amayoga menshi burya nawe si mwiza mu kuba mwabana.Ni wawundi muzakorera amafaranga we ejo akayamarira mu mayoga gusa ahubwo ukaguma ukora cyane wowe we ayanwera, ibyo rero ntacyo byabagezaho mu iterambere ryanyu.

Related posts