Hasigaye iminsi 38 gusa ngo amatora rusange abe , Perezida Uhuru Kenyatta yongeye guterana amagambo na Visi Perezida we William Ruto , amubwira ko naramuka...
Kubera ubwiyongere bw’ubwandu bwa Omicron n’intambara yo muri Ukraine abatuye Isi ntibari gukurikiranira hafi ibiri kubera mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Muri...
Umuvugizi w’ingabo z’umutwe wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaye mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, yerekana intwaro uyu mutwe...
Nikenshi humvikanye abaturage batuye mugace ka Bunagana basaba leta ya DR Congo iyobowe na Perezida Felix Antoine Kisekedi kuba yayoboka inzira y’ibiganiro n’abarwanyi ba M23...
Mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibintu biracyakomeye. Intambara hagati y’Ingabo za Leta ya Congo FARDC ndetse na M23 iracyakomeje, M23 imaze iminsi...