Ku itariki 13 Ukwakira 2022 nibwo ikipe ya APR FC yahagaritse uwari umutoza wayo mukuru, Adil Mohammed ndetse na kapiteni w’iyi kipe, Manishimwe Djabel. Aba...
Ikipe ya APR FC yandikiye umutoza wayo mukuru Muhammed Adil Erradi wibereye iwabo, ibaruwa imumenyesha ko ibihano bye ko byarangiye agaruke mu kazi nk’umutoza mukuru...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashyize hanze gahunda ivuguruye y’imikino ya shampiyona ndetse n’amatariki ibirarane bizakinirwaho. Iyi gahunda y’impinduka ku mikino y’umunsi wa 10...
Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports wari witezweho byinshi ku mukino Wayo na Kiyovu Sport Mitima Issac akomeje kugawa na benshi nyuma yo kwerekana ko nta...
Kiyovu Sports yatsinze Rayon Sports, 2-1, mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona. Ibitego bya Kiyovu Sports byatsinzwe mu gice cya mbere na Nshimirimana Ismael...
Kuri uyu wa 5 kuri stade Regional ya Kigali, Kiyovu Sports ihatsindiye Rayon Sports ibitego 2-1. Ni ibitego bya Kiyovu Sports byatsinzwe mu gice cya...
Myugariro w’Umunyarwanda ukina mu cyiciro cya Kane mu Bufaransa, Bryan Clovis Ngwabije, agiye kumara hanze umwaka wose w’imikino kubera imvune. Aya makuru yemejwe na Ngwabije...
Mbere y’umukino uzahuza Kiyovu Sports na Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Ugushyingo, i saa 18h00 muri Stade ya Kigali, impande zombi zikomeje...