Myugariro wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports, Ndizeye Samuel yamaze kumvikana n’ikipe ya Police FC ko azayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri mu mpeshyi y’uyu mwaka....
Uwizeye Marc wamamaye nka Rocky Kimomo mu mwuga wo gusobanura filime mu kinyarwanda yatangaje ko yifuza kuzaha ubuyobozi bwa Rayon Sports amafaranga angana na 1/10...
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Mali Moussa Camara yabwiye mugenzi we Boubacar Traore ko kuba umutoza Haringingo Francis Christian yanga kumukinisha aribyo byatumye ibura intsinzi...
Abakinnyi babiri ba Rayon Sports aribo Heritier Luvumbu Nzinga na Paul Were Ooko batonganye bikomeye bashaka kurwana nyuma y’umukino bari bamaze kunyagirwamo na Police FC...
Umukinnyi wa Rayon Sports ukomoka mu gihugu cya Kenya, Paul Were Ooko yashinje ubuyobozi bwa Rayon Sports kugira uburangare buhambaye bigatuma batsindwa na Police FC...
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiwe na Police FC ibitego bine kuri bibiri mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’Icyiciro cya Mbere umwaka w’imikino wa...
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rukinzo FC ibarizwa muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu gihugu cy’u Burundi ko bazasinyisha umukinnyi witwa...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’umuzamu wayo witwa Ramadhan Awam Kabwili ukomoka mu gihugu cya Tanzania. Uyu muzamu w’imyaka 22 y’amavuko yari yageze muri...