Umutoza w’ikipe ya APR FC Ben Moussa yasabye abayobozi be ko adashaka kwakirira umukino w’igikombe cy’amahoro kuri Kigali Pelé Stadium aho amakipe arimo kwakirira...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu bibazo bikomeye muri iki gihe kubera kwitwara nabi kw’abakinnyi ndetse n’umutoza Haringingo Francis Christian Mbaya. Nyuma y’umukino iyi...
Myugariro w’umunyarwanda ndetse n’ikipe ya AS Kigali, Manzi Thiery yamaze gufata umwanzuro w’ikipe azerekezamo umwaka utaha hagati ya Rayon Sports na APR FC nyuma...
Myugariro w’umunyarwanda ndetse n’ikipe ya AS Kigali, Manzi Thiery yamaze gufata umwanzuro w’ikipe azerekezamo umwaka utaha hagati ya Rayon Sports na APR FC nyuma...
Uwayezu Jean Fidel uyobora ikipe ya Rayon Sports yashyizwe mu kangaratete nabo bafatanyije kuyobora iyi kipe ku munsi w’ejo hashize. Ku munsi w’ejo hashize...
Nyuma y’igihe gito bivugwa ko ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi witwa Iradukunda Simeon ukinira Gorilla FC byahise bizamo kidobya kuko APR FC iri...
Ibiganiro byo kugumana Umunya-Uganda, Joackiam Ojera, bikomeje kujya mbere ndetse bigeze ahashimishije hagati ya Rayon Sports na URA yo muri Uganda. Muri iyi minsi, abafana...
Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports, Haringingo Francis Christian ukomoka mu gihugu cy’u Burundi ntabwo yaraye yirukanwe nk’uko benshi babikekaga nyuma yo kunyagirwa na Gorilla...