Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Hertier Luvumbu Nzinga ukomoka muri RDC, yaciye igikuba mu bakunzi ba Rayon Sports nyuma yo gukora igikorwa akagawa n’abatari bacye....
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Haringingo Francis uvuga ko ashaka igikombe cy’amahoro cyane, yongeye gukora impinduka mu bakinnyi 11 azakoresha ku munsi w’ejo kuri...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports kugeza ubu Haringingo Francis, nyuma yo kwirukanwa na Rayon Sports ntabwo azabura akazi ahubwo yamaze kumvikana n’amakipe 2 akomeye...
Ikipe ya APR FC ibibazo byayibanye byinshi nyuma yaho yari itegereje abakinnyi bayo bakomeye ariko bikaba byamaze kwemezwa ko kugaruka ari mu mwaka utaha...
Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Rwatubyaye Abdul akomeje guteza umwuka mubi mu ikipe ya Rayon Sports kubera amakosa...
Ibiganiro byo kugumana Umunya-Uganda, Joackiam Ojera, bikomeje kujya mbere ndetse bigeze ahashimishije hagati ya Rayon Sports na URA yo muri Uganda. Muri iyi minsi, abafana...
Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, na Rayon Sports, Nishimwe Blaise, agiye gusanga umuryango we mu gihugu cy’u Busuwisi. Hashize igihe...
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu Mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Cameroon witwa Essomba Leandre Willy Onana ukinira ikipe ya Rayon Sports. Iyi...
Nyuma y’igihe gito bivugwa ko ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi witwa Iradukunda Simeon ukinira Gorilla FC byahise bizamo kidobya kuko APR FC iri...
Rutahizamu w’ikipe ya Kiyovu Sports ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Burundi, Bigirimana Abedi nyuma yo gushakwa cyane na Rayon Sports binyuze muri Haringingo Francis yamaze...