Urubuga rwa X Premium rwahoze rwitwa “Twitter”, ni rumwe mu mbugankorambaga zikoreshwa n’abantu benshi dore ko rukoreshwa n’ababarirwa muri za miliyoni 353 muri uyu mwaka...
Ikipe ya Musanze yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA irisaba kurenganurwa nyuma y’aho itsindiwe umukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona yari yahuriyemo na AS...
Umukinnyi w’Umunya-Ouganda wakunzwe cyane muri Rayon Sports, Joackim Ojera yamaze kugera mu Rwanda, aho agomba gutangira akazi mu ikipe ya Police FC yasinyiye imbanzirizamasezerano mbere...
Abakinnyi barimo Gitego Arthur ukinira AFC Leopards yo muri Kenya na Manzi Thierry wa Al Ahly Tripoli yo muri Libie bitwaye neza babona intsinzi. Ku...
Umukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda Rayon Sports yagombaga kuzakiramo Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC wahinduwe ikirarane n’uko APR izaba...
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yasezereye Azam FC yerekeza mu Cyiciro cya kabiri cy’ijonjora rya CAF Champions League nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-0 [2-1] mu...
Abanyeshuri bose bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko bafite amakarita y’ishuri babyifuza bazinjirira ubuntu ku mukino wa CAF Champions League iyi Kipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC...