Mu Karere ka Rubavu hari imiryango igera ku 142, yasenyewe n’ibiza ubwo umugezi was Sebeya uheruka kuzura ubundi ugateza umwuzure abaturage benshi bo muri...
Ababyeyi babiri baturutse mu karere ka Gasabo mumurenge wa Jali mu kagari ka Nyaruriba, mu mudugudu wa Nyarurembo bakomeje gutabaza nyuma yaho abana babo...