Ni kenshi usanga umugabo yujuje byose, afite amafaranga ndetse ari mwiza ariko ugasanga mu mahuriro y’abagore baramuseka bucece ngo uriya ni fake kubera iyi mico...
Hari abasore bamwe bajya mu rukundo icyo bagamije ari ukwikorera imibonano mpuzabitsina nta rukundo rubarangwaho ugasanga ntibakozwa ibyo gushinga urugo, Twagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bintu...
Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru y’ akababaro aho impanuka ikomeye yabereye ahitwa kwa Gacukiro winjira mu mujyi wa Gisenyi , ikamyo igonga moto...
Ishyari ni nk’imungu iba mu mubiri w’umuntu ikamurya itamubabariye, kuko iyo umuntu agira ishyari nta kintu ageraho uretse guta umwanya we ku bandi gusa. Abahanga...