Ibi bintu niyo umunwa wa kurya ntabwo wabivuga ugomba ku bigira ibanga kuko byagukoraho wa mukobwa we
Mu buzima bw’urukundo biba byiza cyane iyo abakundana badaterwa ipfunwe no kuba bari mu rukundo ndetse inshuti z’umukobwa zikamenya umuhugu bakundana ndetse n’iz’umuhungu bikaba bityo....