Zari Hassan wabyaranye na Daimond yavuze umukinnyi akunda kurusha abandi

Zari the Boss Lady, n’umugore uvuka muri Uganda ubu akaba yaje mu gitaramo cye yise All White party.

 

Uyu mugore wabyaranye na Daimond Platinum,ubwo yari yatumiwe muri B&B FM Umwezi mu kiganiro cya siporo kizwi nka SPORTS PLATEAU yabajijwe ibibazo bitandukanye.

 

Yabashijwe ikipe yaba afana cyangwa umukinnyi yaba akunda ku isi hagati ya Messi, Ronaldo na Neymar atangaza ko yikundira Neymar Jr ukomoka muri Brésil,ngo kubera uburyo agaragara.

Neymar Jr isura ye ikurura abagore cyane.

Related posts

Munyakazi Sadate ururumbira kuyobora Rayon Sport arashaka kubanza kuyambura igikombe

Nyuma yo gutsindwa arushwa FERWAFA byayanze mu nda Umutoza Amrouche agambirizwa utwe

Munyakazi Sadateyakojeje agati mu intozi maze yirata ibigwi adafite