Zari Hassan wabyaranye na Daimond yavuze umukinnyi akunda kurusha abandi

Zari the Boss Lady, n’umugore uvuka muri Uganda ubu akaba yaje mu gitaramo cye yise All White party.

 

Uyu mugore wabyaranye na Daimond Platinum,ubwo yari yatumiwe muri B&B FM Umwezi mu kiganiro cya siporo kizwi nka SPORTS PLATEAU yabajijwe ibibazo bitandukanye.

 

Yabashijwe ikipe yaba afana cyangwa umukinnyi yaba akunda ku isi hagati ya Messi, Ronaldo na Neymar atangaza ko yikundira Neymar Jr ukomoka muri Brésil,ngo kubera uburyo agaragara.

Neymar Jr isura ye ikurura abagore cyane.

Related posts

Rayon Sports yazanye “Urukuta” mu biti by’izamu

Kwizera Jojea uherutse gusebya ba myugariro ahataniye igihembo gikomeye muri Amerika

Perezida Kagame yaconze ruhago, Mugisha Gilbert aba inkomarume, Umunya-Brésil aratungurana! Ibihe 5 by’ingenzi byaranze gutaha Stade Amahoro [AMAFOTO]