Uyu we arabahiga bose! Juno Kizigenza ari murukundo n’umukobwa w’icyizungerezi w’umuhanzi, Ariel Wayz na Joyeuse barajyahe

Umuhanzikakazi umaze kubaka izina hano mu Rwanda France Mpundu n’umwe mubakobwa bakiri bato kandi bamaze kugera kuri byinshi murugendo rwa Muzika hano mu Rwanda.

Uyu mukobwa utanga ikizere cy’ahazaza ko azagera kurwego rushimishije kandi ibikorwa bye bikarenga imbibi z’u Rwanda bikagera kuruhando mpuzamahanga.

Uyu mukobwa akaba yatangaje ko Juno Kizigenza ari urukundo rwe kandi ko amukunda cyane.

Ibi France Mpundu yabitangaje ubwo yarari mukiganiro kuri Kiss Fm maze avuga ko yihebeye Juno Kizigenza.
Abajijwe niba ubwo Juno yararikimwe na Joyeuse ataramufuhiye asubiza ko yizera Juno cyane.
Urukundo rwa Juno na France rwatangiye kuvugwa cyane ubwo Juno yagaragaraga mumashusho y’indirimbo ya France.

France akaba kurubu yasohoye indirimbo yitwa umutima cyakora akaba afite n’izindi zitandukanye zakunzwe harimo niyo yakoranye na nyakwigendera Buravan yitwa Darlin muzindi ndirimbo zakunzwe harimo nka selfish love, Gake n’izindi.

Related posts

“Twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose” Ibyo wamenya ku ndirimbo ‘Ubuntu’ yasamiwe hejuru

Ese koko Byiringiro Lague umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Police FC koko yaba yarateye inda DJ Crush?

Inkuru iteye agahinda ya Nishimwe Consolée, yiciwe abavandimwe be,arasambanywa yanduzwa Sida muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994