Uwakunzwe ku rusha abandi mu irushanwa rya RSW Talent Hunt yegukanye igihembo gikomeye cyane , abo bahataniye nabo bahise bagira ishyari ryo kuzakora ibitangaza

 

 

Ni amarushanwa ya Rsw Talent Hunt Rwanda2023 arimo kuba kuncuro yayo yambere mu Rwanda akazahemba abanyempano bahize abandi mumuziki wo kuramya no guhimbaza Imana.

Mubihembo bizatagwa muri iri rushanwa harimo n’igihembo cy’umunyempano wakunzwe kurusha abandi arinacyo uwitwa Umulisa Cyntia yamaze gutsindira biciye mumatora.

Mubihembo yatsindiye harimo amafaranga angana na million imwe n’igice(1.5M) azajya ahembwa buri kwezi gusa kumunsi wa final akazahita ahabwa ibihimbi magana atatu(300k).

Ni igihembo yatsindiye biciye mumatora yari amaze igihe kingana n’ibyumweru bibi dore yatangiye hakimara kumenyekana abanyempano 30 bageze final.

Reka tubibutse ko iri rushanwa ari ngarukamwaka ariko ury’uyumwaka rikazashyirwaho umufuniko taliki ya 21/07/2023 aho hazamenyekana umunyempano wahize abandi uzegukana igihembo nyamukuru cya million icumi(10M).

Related posts

“Kuvuga ubutumwa mu buryo bwinshi kandi kuririmba mbona byabimfashamo”. Gad Rwizihirwa yashyize hanze indirimbo

Ushaka urupfu asoma impyisi! Pasiteri yongeye guhura n’ urupfu ari muzima nyuma yo kubeshya abakirisitu barenga 250 ababwira ko bagiye gutegereza Yesu mu ishyamba

Umupasiteri yatangaje inkuru mbi ko Imana yamweretse ko umuhanzi ufite izina rikomeye muri ‘ Gospel’ hano mu Rwanda agiye gupfa yibwe na Satani